in

Umunyamakurukazi ukomeye kuri Radiyo mu Rwanda yasabwe aranakobwa (Amafoto)

Umunyamakuru kazi ukomeye mu biganiro by’imyidagaduro kuri radiyo ya Kiss FM, Cyuzuzo Jeanne d’Arc yasabwe anakobwa n’umukunzi we Thierry Eric Niyigaba.

Ibi byabaye kuri uyu Gatandatu tariki ya 5 Ugushyingo 2022, aho habayeho umuhango wo gusaba no gukwa Cyuzuzo Jeanne d’Arc.

Uyu muhango ukaba wabereye mu Magepfo y’u Rwanda mu Karere ka Huye ahazwiccyane nk’i Butare.

AMAFOTO:

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu myambaro y’ikipe ya Rayon Sports ihere ijisho uburanga bw’abakobwa bitabiriye umukino iyikipe yahuyemo na Sunrise(Amafoto)

Myugariro wa Rayon Sports nyuma yo kutabona amahirwe ya gukinira Amavubi u Burundi bwahise bumwegukana