in ,

Akumiro: Ikipe ya Fc Barcelona yabeshye abafana bayo ko yaguze umukinnyi ukomeye abantu barumirwa

Ikipe ya Fc Barcelona itorohewe muri iyi minsi nyuma yo gutakaza umukinnyi Neymar wabaye nyirabayazana y’ibibazo byose, kurubu mu gihe nabandi bakinnyi bakomeye yifuzaga itari kubabona bitewe n’ubuyobozi butari gukora akazi kabwo neza, umuntu utaramenyakana yaciye ruhinga nyuma atangariza isi yose ko Fc Barcelona yaguze umukinnyi ukomeye iyi kipe yakomeje kwifuza.

Nkuko iyi foto ibigaragaza umuntu utazwi yagiye ku rukuta rwa Twitter rw’ikipe ya Fc Barcelona atangariza isi yose ko Fc Barcelona yasinyishije rutahizamu w’ikipe ya PSG umunya Argentina Angel Di Maria bantu bose barumirwa, gusa abafana b’ikipe ya Fc Barcelona batari bakamenya ukuri kw’ibi byabashimishije cyane kuko bose bari kurota kubona umukinnyi uzaza kuziba icyuho cya Neymar.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere ikintu Drake yakoreye Rihanna gikomeje guteza urujijo mu bafana b’aba bombi bakeka ko baba bagiye gusubirana

Amagambo Young Grace akomeje kwandikira Yannick Mukunzi akomeje guteza urujijo (yasome hano)