in ,

Amagambo Lionel Messi yavuze nyuma yo guhesha Argentine itike iyijyana mu gikombe cy’Isi ku munota wa nyuma yakoze ku mitima ya benshi cyane

Ikipe ya Argentine yaraye ibonye itike iyijyana mu Burusiya kwitabira igikombe cy’isi cya 2018,nyuma yo gutsindwa igitego k’wisegonda rya 40 n’ikipe ya Ecuador yari iwabo nyamara Lionel Messi akaza kuyitabara nka kapiteni,ayitsindira ibitego 3 byose.

Nyuma y’uwo mukino wari wahangayikishije benshi cyane,Lionel Messi waje kuba umukinnyi witwaye neza kurusha abandi,yatangarije abanyamakuru ati “Twagize guhangayika twibaza byinshi ku kuntu uyu mukino uri burangire,Ariko twagize gutuza muri twebwe kandi tugera ku ntego yacu Imana ishimwe.Byari kuba bibabaje iyo tutajya mu gikombe cy’Isi ikipe yacu yari ikwiye kubona itike.Twarahangayitse cyane ndetse biratuvuna ariko byashoboka ko twanajyayo tukagitwara nyuma y’imyaka yose ishize dutwaye igiheruka.”The Barcelona forward netted twice in eight first-half minutes as Jorge Sampaoli's side turned the game on its head in Quito

The Barcelona forward instantly grabbed the ball as he led the fightback for Jorge Sampaoli's side when they needed it most

Lionel Messi akaba yihesheje amahirwe yo gukina igikombe cy’isi cye cya nyuma ku myaka 30,Argentine yarangije ari iya 3,mu gihe Chili yatsinzwe na Bresil 3-0 ikaba itazatabira igikombe cy’Isi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

ShaddyBoo yatangaje ikintu gitangaje akunda cyane kurusha ibindi ku isi

BREAKING NEWS-Imana yakinze akaboko umukinnyi ukomeye cyane wa Real Madrid yari yiciwe rubozo mu kibuga Isi yose ibireba