in ,

Amagambo Neymar yavuze nyuma y’uko Lionel Messi ahesheje itike Argentine y’igikombe cy’isi yatumye benshi batungurwa n’umubano bafitanye

Mu gihe Bresil ya Neymar yari ihanganye na Chili ya Alexis Sanchez,Argentine ya Lionel Messi yakinaga na Ecuador isabwa gutsinda kandi igatsinda isaba ko Chili nayo itsindwa kugira ngo ibone itike igana mu gikombe cy’isi.Ibi byaje kuba kuko Bresil yatsinze Chili 3-0,ikipe ya Argentine igatsinda 3-1 bityo ikajya mu gikombe cy’isi.

Mu magambo Neymar yavuze nyuma y’umukino yagize ati “Nishimiye cyane Lionel Messi,kumubona azitabira iki gikombe cy”isi,nubwo mfite n’zindi nshuti mw’ikipe ya Chili ariko tuba tugomba kuba abagabo tugatsinda imikino yose twirengagije amarangamutima”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwari umukunzi wa KIM JONG UN yashyizwe mu mwanya ukomeye nyuma y’uko byari byaratangajwe ko yishwe azira amashusho y’urukozasoni

Umunyarwandakazi Supersexy yatutswe anandagazwa n’umwe mu bafana be kubera ibyo yakoze