in ,

Anita Pendo utwite umwana wa kabiri yabyinnye abantu bifata ku munwa

Mu cyumweru gishize ni bwo Inyarwanda.com yatangaje inkuru y’uko Anita Pendo yitegura kwibaruka umwana wa kabiri. Aya makuru yatangiye gusakara hatarashira umwaka Anita yibarutse imfura ye. Kuri ubu bamwe mu bamukurikira kuri Instagram bamwibasiye bamushinja kudasobanukirwa gahunda yo kuboneza urubyaro.

Anita Pendo yagaragaye atwite ndetse inda imaze kuba nkuru, uyu mugore nawe ubwe yemeye ko atwite ndetse yemeza ko arikwitegura kubyara mugihe kitarambiranye nubwo yirinze kugira byisnhi atangaza, ubwo yabazwaga ko atwite yagize ati “Yego ndatwite, umwana wambere yitwa Tiran, uwakabiri izina rye sindaritangaza, gusa mubaziremya, igihe ntikiragera.”

Nubwo atwite ariko ntabwo yaretse udushya twe azwiho na benshi,dore nko kuri iyi nshuri yagaragaye abyina mu buryo budasanzwe ndetse bwatangaje abatari bacye ,nk’uko nawe wanyirebera muri iyi video ikurikira:

 

https://www.youtube.com/watch?v=o1L9lUmrEb0&feature=youtu.be

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igihamya ko umunyamakuru Rutamu atazasezera mu itangazamakuru

Umuraperi Jammy the master yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo ‘Umutingito’ akomeza gushimangira ko azageza hip hop nyarwanda ku ruhando mpuzamahanga