in ,

BREAKING NEWS-BITUNGURANYE ikipe y’i LIVERPOOL yirukanye umutoza wayo azira umusaruro mucye cyane bibabaza bikomeye abafana

Nyuma y’umukino wa 9 wa shampiyona y’Ubwongereza,ikipe ya Everton nyuma yo gutsindwa itababariwe na Arsenal 5-2,umutoza wayo wari umaze amezi 16 ayobora iyi kipe,Ronald Koeman,yeretswe umuryango n’iyi kipe azira umusarura mubi.Image result for ronald koeman

Ni ibintu bitewe n’umusaruro mucye cyane,nyuma y’aho ikipe ya Everton itanze amafaranga angana na miliyoni 146 z’amapound kw’isoko igura abakinnyi nyamara uyu mugabo ntashobore kuzamura iyi kipe nk’uko yabikoze akihagera ayihesha umwanya wa 7 uyitwara no mu mikino ya Europa League.

Indi kipe yo mu mujyi wa Liverpool,ariyo Liverpool nyine ikaba nayo umutoza wayo ari mu mazi abira nyuma yo gutsindwa na Tottenham 4-1,yaratsinzwe 5-0 na Manchester City akananganya 0-0 na Manchester United.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gutukwa n’abafana babo, The Ben na Tom Close bagaruriye akanyamuneza abakunzi ba muzika nyarwanda

Nizzo (urban boyz) nyuma yo gutandukana n’umukobwa wamusomye akamutukuza iminwa ubu ibye n’undi mukobwa bigeze aharyoshye