in ,

Breaking news: Ikipe ikomeye yo mu gihugu cy’ubwongereza yamaze kwibikaho umukinnyi ukomeye wa Borussia Dortmund

Mbere yuko isoko ry’abakinnyi ryo mu kwezi kwa mbere ritangire, aho hitezwe ihindagurika ry’abakinnyi bakomeye babuze uko bava mu makipe yabo mu mpeshyi, kurunu amakipe y’inkwakuzi yatangiye kwibikaho abakinnyi hakiri kare kugirango hatazigara inkomyi iza mu byo bifuza no mu bakinnyi bifuza kugura. Ikipe ya Newcasttle yo mu bwongereza niyo ibimburiye izindi igahita igarura umukinnyi wayo yari yaragurishije mu ikipe ya Borussia Dortmund.

Nkuko bimaze kugaragara kuri Twitter y’ikipe ya Newcastle, ubuyobozi bw’iyi kipe ubwo bwagurishaka Mikel Merino mu ikipe ya Dortmund bwashyizemo buy back close aribyo bivuze ko bari bafite uburenganzira bwa mbere bwo kuba bamugura, kubwi’ibyo rero akaba ariho bahereye bagarura uyu mukinnyi wabo ku mafaranga asaga Miliyoni 14 z’amapound. Uyu mukinnyi akaba azatangira gukinira ikipe ya Newcastle mu kwezi kwa mbere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Marina yaririmbye indirimbo yamamaza gusambana

Nyuma yo guhemukirwa bikomeye na Diamond Platinumz,Zari yamugarukiye muri Tanzania aho yakiriwe nk’ikigirwamana