in ,

Breaking news: Iyi ni inkuru y’incamugongo n’agahinda ku bafana b’ikipe ya Arsenal Fc

arsene-wenger-mu-marira-menshi

Ikipe ya Arsenal Fc kuri ubu yatangiye guhangayikisha abafana bitewe n’ikiganiro umukinnyi Mesut Oezil amaze kugirana n’igitangazamakuru Sky Sports kuri Televiziyo yicyo gitangazamakuru.

mesut Oezil watangaje ibintu byahangayikishije abafana ba Arsenal
mesut Oezil watangaje ibintu byahangayikishije abafana ba Arsenal

Mesut Oezil ubwo yabazwaga n’umunyamakuru igihe azasinyira andi masezerano muri iyi kipe y’abarashi yagize ati:”Nibyo koko ikipe yange yangejejeho icyifuzo cyuko ishaka ko nongera amasezerano,gusa si icyemezo cyo gupfa guhubukira kuko ngifite byinshi nifuza kugeraho mu mupira w’amaguru niyo mpamvu ntacyo ndasubiza ikipe,gusa ndateganye kuzongera amasezerano muri iyi kipe igihe umutoza wange Arsene Wenger nawe azayongera kuko niwe wanzanye hano,n’impamvu ndi aha nukubera we,ntegereje ko rero ubuyobozi bukuru bugira icyo bukora”.

Image result for Mesut Ozil and arsene wenger

Ibi bintu rero byatangaje benshi kuko ntamuntu wari witeze kumva amagambo Oezil yatangaje bitewe nuko yakomeje kuvugwa ko ashakishwa n’amakipe atandukanye.Mu gihe rero ikipe ya Arsenal yaba itongereye amasezerano y’uyu musaza Wenger uyitoza,izahita inatakaza byoroshye umukinnyi wayo ukomeye Mesut Oezil.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Damascene
Damascene
7 years ago

Muba mukuye umuntu umutima

Iyumvire amagambo ya Dominic Nic yakoze ku mutima w’umugore wa Tom Close

Breaking news: Iyi ni inkuru itangaje kandi yateye urujijo mu ikipe ya Real Madrid