in ,

Dore ikintu gikomeye cyane abahanzi The Ben na Meddy bakomeje gushimirwa n’abafana babo

Abahanzi The Ben na Meddy ubu bombi baherereye muri leta zunze ubumwe za Amerika aho bagiye gukomereza amashuri yabo ya Kaminuza bataretse na muzika yabo bakomeje gushimwa cyane n’abafana babo ndetse n’abakunzi b’umuziki nyarwanda muri rusange bitewe n’ibikorwa byabo by’indashyikirwa bakomeje kugezaho umuziki nyarwanda ndetse no gushyigikirana kubaranga bombi.

Iyi ni post ya The Ben
Iyi niyo post ya Meddy

Nkuko bigaragara kuri izi posts z’aba bahanzi bombi: The Ben na Meddy biragaragara ko buri wese akomeje gushyigikira mugenzi we mu muziki bakora bombi ibi bikaba ari ikimenyetso kiza cyo gushyigikirana kiranga aba basore babiri bombi bakomoka mu Rwanda kikaba kinabera urugero rwiza abafana b’aba bahanzi bombi ndetse bakanakishimira.

Si ibi gusa kandi ahubwo bombi bakomeje kugaragaraho umutima mwiza wo gushyigikira umuziki nyarwanda aho aba bombi babinyujije ku nkuta zabo za Instagram bakomeje kwerekana ko bashyigikiye umuziki nyarwanda bashyigikira abandi bahanzi bagenzi babo nkuko bigaragara muri izi posts zabo aho bashyigikiraga Urban Boys mu ndirimbo yabo nshya bise “MAMA”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere AMAFOTO atangaje y’ubwato Neymar Jr akodesha Miliyoni 40 z’amanyarwanda ku CYUMWERU

Uwahoze ari umukunzi wa T.I yatangaje abatuye isi bose kubera ifoto imwe (yirebe hano)