in ,

Dore ikintu gitangaje Meddy yakoreye mu gitaramo i Huye akemeza abafana be benshi bari bahari (+video)

Umuhanzi Ngabo Medard Jobbert uzwi cyane ku mazina ya Meddy uyu akaba aherereye mu gihugu cy’U Rwanda aho yaje gutaramira abanyarwanda mu bitaramo bitandukanye, mu minsi ishize ubwo yari mu gitaramo cya Airtel Muzika i Huye yahakoreye ikintu gitangaje abafana be bamukundiye ari nako akomeza gushimangira ko ayoboye muri muzika nyarwanda.

Nkuko bamwe mu babonye aya mashusho imbona nkubone i Huye babitangarije YEGOB, batubwiye yuko uyu muhanzi yasusurukije ibihumbi n’ibihumbagiza by’abafana be bari bateraniye i Huye mu mibyinire ye bamwe banatangiye kugenda bavuga ko bari bagizengo ni Michael Jackson wazutse. Si ibi gusa kandi ahubwo abari bateraniye i Huye bishimiye imiririmbire y’uyu muhanzi batahwemye no kuvuga ko yateye imbere mu myaka irindwi ishize ari muri leta zunze ubumwe za Amerika.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Mutesi Aurore akomeje guhamiriza umukunzi we ko ntawamusimbura ku isi (amafoto)

Olivier Giroud arabura gato ngo asibe izina rya Zinedine Zidane benshi bafata nk’umukinnyi w’ibihe byose mu mateka