in ,

Dore impamvu nyakuri yatumye Messi ashaka kurwana nyuma yo gutsindwa na Man City

Ku munsi w’ejo twababwiye uburyo Lionel Messi yari agiye guteza imvururu nyuma yo gutsindwa na ikipe ya Manchester City kubera uburakari bwinshi.

Uyu munsi rero ikinyamakuru Marca kikaba cyatangaje ko umuntu wari utumye Messi arakara bikomeye ari ntawundi utari Mikel Arteta. Uyu mugabo wahoze akinira ikipe ya Arsenal kuri ubu waje gufasha Guardiola mu kazi ko gutoza Man City rero ngo akaba yarishimye birenze urugero maze bituma Messi arakara niko kumubwira ati jya kwishimira mu Rwambariro.

Man City assistant Mikel Arteta (centre) was involved in a fracas with Barcelona's Lionel Messi
Arteta na Guardiola bishimira insinzi

Ibyo rero Arteta nawe ntiyabyishimiye nabusa nibwo ngo ibintu byatangiye kudogera bagiye kurwana Aguero aratabara abasha gutuma batuza.

Sergio Aguero (left) played the role of peacemaker during the incident on Tuesday night

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amafoto utazi ya Emery Bayisenge n’umukunzi we Kellia uvugisha benshi

Reba hano amafoto utabonye ya Banyampinga bari mu mwiherero wa Miss Rwanda 2016