in ,

Dore uko Anita Pendo yifashishije inda atwite anyomoza abavuga ko ahisha umwana yabyaye kera

Anita Pendo utwite inda ya Ndanda bamaranye igihe mu rukundo,byagiye bivugwa ko yaba yarabyaye imfura ndetse ngo yayisize i wabo aho avuka Gahini,Iyi ni inkuru itaramuguye neza ndetse yamuteye gushaka kuyinyomoza ariko kandi yibutsa abakunzi be ko ari hafi kubyara,ati” Umwana ari mu nzira”

Nubwo Anita atigeze avuga ibinyamakuru byavuze ko akujije imfura ndetse ngo akaba agiye kwibaruka Ikirondamfura ,yafashe umwanya we ajya kuri Instagram maze abwira abakunzi be basaga ibihumbi 69 ,ko atigeze asiga umwana (imfura) i Gahini(aho avuka) ati”Let me make one thing clear….nakomeje kubona hari abandika ngo nasize umwana Gahini…nta mwana mfite uba I Gahini mwe murimo kubyandika mubanze mutekereze ndetse muperereze kubyo muvuga,nkunda abana sinahisha umwana mufite,kuko nicyo kintu gishimishije mubuzima gitera nishema umubyeyi.so murindire uwo Imana izaduha ibindi mubireke……baby loading#happiness

aiaiiaiaioa

Ibi kandi yabyanditse abikurikije indi foto igaragaza inda y’umubyeyi utwite yanditse ho amagamba agira ati” Umwana ari mu nzira” we  ubwe yishyiriye hanze .

kajauauau

Hagati aho amakuru agera kuri YEGOB.RW aravuga ko Anita yatangiye kugaragaza ibimenyetso byo gukurirwa birimo no guhurwa ibiryo bimwe na bimwe .

Written by YEGOBMUSIC

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba umukobwa uri mu rukundo na Ama G The Black

Menya ibyo Oda Paccy yatangaje kubavuga ku myambarire ye