in ,

Guhishwa mu maso k’umwana kwa Anita Pendo gukomeje guteza impagarara mu bafana be

Umugabo wa Anita Pendo wamenyekanye ku mazina ya Ndanda Alphonse uherutse gushyira ahagaragara ifoto y’umuhungu we gusa akaza kuyihisha mu maso ibi byanakomeje kugenda bigarukwaho n’abantu benshi bagiye bavuga ko bidakwiriye byongeye gushimangirwa n’abafana ba Ndanda ndetse n’abakurikiranira hafi uyu muryango muri rusange.

Ndanda n’umuhungu we

Nkuko bamwe mu bafana ba Ndanda babitangaje nyuma yuko Ndanda amaze gushyira hanze iyi foto y’umwana we ihishwe mu maso, bakomeje kugenda bavuga ko guhisha mu maso uyu mwana w’umuhungu ntacyo bimaze ndetse bamwe bakomeje kugenda babaza impamvu batajya berekana mu maso h’uyu mwana doreko na nyina, Anita Pendo atigeze amwerekana mu maso nyamara abafana ba Ndanda n’abakunzi b’uyu muryango muri rusange bo batangaje ko baba bashaka kureba mu maso h’uyu mwana nubwo batajya baherekwa.

Bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Ndanda

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kugaragarizwa urukundo, The Ben yongeye gusabwa ikindi kintu gikomeye n’umwe mu bafana be

Inkuru ishyushye: Irebere hano amwe mu mafoto y’ibyamamare yafotowe batambaye amakariso