in ,

Igikorwa Neymar aherutse gukorera Messi gishobora kumuteranya n’abafana bikomeye

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Brazil, Neymar Junior aherutse gukorera Messi ikintu gishobora kumuteranya n’abafana ba Brazil.

Nkuko mubizi mu minsi yashize Messi n’ikipe y’igihugu ya Argentine bari bafite ikibazo cyo kubona itike yo kujya mu gikombe cy’isi 2018. Ikipe ya Argentine ikaba yari igeze aho atakizeye kuzajyayo ku buryo ndetse imyitwarire nka Brazil yari kugira icyo ahindura ku kibazo cyayo.

Kubera icyo kibazo rero abafana ba Brazil bakaba bari basabye abakinnyi babo kugambanira Argentine maze bagatsindwa na Chile kugirango bagabanye amahirwe ya mukeba wabo Argentine yo kujya mu gikombe cy’isi. Gusa nubwo abafana bifuzaga kugambanira Argentine, Neymar we yabaciye inyuma amze ahamagara Messi amwemerera ko bari bukibite Chile batayibabariye bityo bagafasha Argentine kubona itike yayo.

Ibi rero niko byaje kugenda Brazil yaragiye ikubita Chile ibitego 3 byose ku busa nuko ihita iyisezerera maze na Argentine itsinda Equateur 3 kuri kimwe ihita ibona itike yo kujya mu gikombe cy’isi.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwiryane muri Urban Boyz niyo intandaro y’amarira ashoka ku matama ya Humble Jizzo

Bimwe mu bintu by’ububwa byaranze ubuzima bwa Knowless,king James,Meddy na The Ben