in ,

Inkuru ibabaje kubafana ba Paul Pogba n’ikipe ya Manchester United

Nyuma yo guhabwa ikarita y’umutuku ku mukino wahuje ikipe ya Manchester United na Arsenal, Paul Pogba byari biteganijwe ko azahanishwa kumara imikino itatu adakina gusa ngo yaba agiye kongererwa igihano.

Nkuko byatangajwe n’ikinyamakuru Daily Telegraph, Paul Pogba ngo ashobora kongererwa igihano kikava ku mikino 3 kikagirwa imikino 5 azira uburyo yitwaye nyuma yo guhabwa ikarita y’umutuku.

Nkuko Daily Telegraph yabitangaje ngo Pogba arashinjwa kuba yarakomye amashyi imbere y’umusifuzi wo ku ruhande mbere nyuma yo guhabwa ikarita itukura ibi rero akaba aribyo bituma ashobora kongererwa igihano akamara imikino 5 yose adakina.

Pogba ari gukoma amashyi amaze guhabwa ikarita y’umutuku

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukunzi wa Nshuti Savio yahuye n’uruvagusenya

Huye: Umugore yabyaye abana babiri bafatanye