in ,

Inkuru Ishyushye-Ikipe ya FC Barcelone yarangije kwumvikana n’umukinnyi benshi bafata nk’umusimbura wa Cristiano Ronaldo

bensErnesto Valverde mu mezi macye amaze mw’ikipe ya FC Barcelone,akomeje kwifuza abakinnyi hirya no hino aho kugeza ubu bivugwa ko ari kwiruka no ku bakinnyi Barca izagura umwaka utaha ubwo saison izaba irangiye.Image result for andre silva

Image result for andre silva

Umusore waguzwe na Luis Enrique umutoza uheruka wa FC Barcelone,Paco Alcacer,n’uyu mutoza mushya ntamwifuza ndetse Barca yarangije kumushyira kw’isoko yarangije no kumenya umusimbura we.

Nta wundi ni Andre Silva benshi bafata nk’umusimbura wa Cristiano Ronaldo mw’ikipe y’iguhugu ya Portugal,kubera ubwinshi bw’ibitego ari kugenda ayitsindira.Ku cyumweru umuyobozi ushinzwe kugura abakinnyi muri Barca yagaragaye areba umukino wahuje Inter Miln ndetse na AC Milan ya Andre Silva,ndetse andi makuru aturuka mu ntara ya Catalogne akwongeraho ko n’ubwumvikane bwarangiye hagati y’uyu musore ndetse na Barca nubwo iyi kipe yo ntacyi iratangaza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Real Madrid yarangije kubona umusimbura wa Zinedine Zidane

AMAFOTO ABABAJE CYANE y’aka gahinja katoraguwe mu myanda katarapfa kubera kuribwa n’intozi aho kari kajugunywe n’ababyeyi bako yavugishije abantu benshi cyane