in ,

Inkuru Ishyushye-Jose Mourinho yasebejwe cyane n’amagambo yabwiye abakinnyi be nyuma yo gutsinda Basel

Nyuma y’amagambo Jose Mourinho yabwiye abakinnyi be nyuma y’umukino wa Champions League bakinnye n’ikipe ya FC Bale ku munsi wa 2,Kuri ubu aya magambo yagarutse uyu mutoza wa Red Devils

Amagambo yabwiwe Jose Mourinho

Mu magambo yari yavuze nyuma y’uwo mukino nk’uko twabibatangarije mu nkuru yacu iheruka yari yavuze ko abakinnyi be baje kwikoresha udukoryo twa Playstation nyuma yo gutsinda igitego cya 2 ari nacyo cyabaye icya nyuma muri uwo mukino.Uruganda rwa Playstation rero ntago rwabyihereranye kuko rwaje gusubiza uyu mugabo rubinyujije Kuri Twitter rugira ruti “Ihangane Jose Mourinho ariko twebwe ntago duparika bus (umukino wo gufunga) muri playstation dukina ibintu byo kwirekura no kwishimisha gusa”

Ibintu bitari bunyure Jose Mourinho wongeye gucyurirwa umukino we wo gufunga no kuryama mw’izamu.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere nawe amafaranga atagira ingano Lionel Messi amaze kwinjiza kuva yatangira gukina ruhago yumije abantu benshi

Young Grace yatunguye abantu batari bake ubwo yashyiraga hanze amafoto ndetse n’amashusho ye arimo guteka ku ziko (yarebe hano)