in ,

Inkuru Ishyushye-Real Madrid igiye gutanga nk’igitambo umukinnyi wayo ukomeye cyane kugira ngo ibone amafaranga yo kugura aba bakinnyi bakomeye cyane i Burayi

Nyuma y’igihe kinini havugwa ko umusore Gareth Bale yakwerekeza mw’ikipe ya Manchester United nyamara isoko ry’igura n’igurisha ku bakinnyi rikarangira impande zombi zitumvikanye,ubu nta kabuza nyuma yo kwongera kuvunika kwa Gareth Bale,ikipe ya Real Madrid yaba yarangije gufata icyemezo cyo kumugurisha nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru As.Image result for david alaba

Florentino Perez yaba yarangije kwihanganira imvune zidashira z’uyu musore ikipe idashobora kumara amezi 2 imugenderaho,bakaba bifuza kumugurisha aho ikipe ya Manchester United yiteguye kumugarura muri Premier League.Ikipe ya Real Madrid yo ikaba yahise itangira kwifuza bikomeye umusore David Alaba wa Bayern Munich ukinisha imoso nka Gareth Bale,ukina inyuma nka myugariro ndetse n’imbere nka Gareth Bale.

Real Madrid ikaba itegura ko amafaranga yakura muri Bale yayaheraho igura abakinnyi kuko kugeza ubu bari gushaka Delle Ali wa Tottenham,Paulo Dybala wa Juventus ndetse na Harry Kane wa Tottenham.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere amafoto aryoheye ijisho ya Miss Gisabo aho ari mu gihugu cya Philippines

Umukobwa w’ikizungerezi akoreye Meddy ibintu atigeze akorerwa ukundi mu buzima bwe abura n’amagambo yo kumushimira