in ,

Inkuru nziza yatashye mu muryango wa Lionel Messi yashimishije bikomeye n’abakunzi be

Rutahizamu w’ikipe ya Fc Barcelona umunya Argentina Lionel Messi, nyuma yo guhesha ikipe ye y’igihugu itike yo kuzakina igikombe cy’isi mu burusiya mu mwaka utaha wa 2018, uyu musore inkuru nziza zikomeje kumubaho nyinshi kuko n’umugore we yabitangarije isi yose ibyo yari amuhishiye.

Nkuko umugore wa Lionel Messi yabitangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yatangarije isi yose ko atwitiye Lionel Messi umwana wabo wa gatatu nkuko ifoto iri hejuru ibyerekana. Umuryango wa Lionel Messi mu mezi make ukaba ugiye gukomeza kwaguka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda: Undi mukinnyi ukomeye w’umupira w’amaguru yapfiriye mu kibuga mu mukino hagati

Umukinnyi wa Rayon Sport yatsinze igitego cy’akataraboneka benshi bemeza ko kizaba igitego cy’umwaka (video)