in ,

Irebere umukinnyi w’AMAVUBI ufite umukunzi buri musore wese yifuza

ajkaklalal

Rutahizamu  wakiniye APR FC ubu akaba akinira A S Kigali  ndetse ujya uhamagarwa mu ikipe y’igihugu AMAVUBI,Mubumbyi Barnabe. Burya nyuma yo kunyeganyeza incundura yifitiye umukobwa yihebeye ndetse uburanga bwe butuma abasore bamwe bavugishirizwa ku mbuga nkoranyambaga.

ajakaklaaa

Umuhoza Belyse ni we wigaruriye umutima wa Barnabe ndetse amakuru agera kuri YEGOB.RW yemeza neza ko bombi basohokana kenshi gashoboka ndetse ngo bahana impano ku buryo n’ubwo bakiri bato ngo buri wese afite ikizere cyuzuye cyo kuzabana n’undi.aaklalala

ajakaka

 

aajnajkkakaka
Urukundo bagirirana rwatumye bahuza amazina maze biyita barlyse = Barnabe + Belyse

Urukundo Belyse we ubwe afitiye Mubumbyi rumusunikira kubimwereka atikandagira,ndetse uyu munsi (Kuwa Gatanu taliki ya 02/12/2016) nibwo Barnabe yizihije isabukuru y’amavuko maze kiba igihe cyiza kuri Belyse cyo kumubwira uburyo ariwe musore wenyine yimariyemo

Ati” Uri umugabo umwe rukumbi nakunze,nubashye,kandi nemera,isabukuru nziza kuri wowe mugabo w’inzozi zanjye,nkingi y’ubuzima bwa njyeajkakakak

yajmamaa

ajakakakl

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FIFA yashyize hanze ibitego 3 by’umwaka (BIREBE HANO)

Iyumvire uburyo ikipe ya Fc Barcelone yabonye amahirwe yo kugura Cristiano Ronaldo maze akayica mu myanya y’intoki