in ,

Isomere amagambo yuzuye ubwishongozi uwahoze ari umukunzi wa T.I yamubwiye arimo kugarukwaho na benshi

Uwahoze ari umukunzi wa T.I ariwe Bernice Burgos nyuma yo kumva amakuru acaracara ko T.I yasubiranye n’umugore we ariwe Tiny yamugeneye ubutumwa bw’umwihariko bwaje gutuma abantu batari bake bagira byinshi bakeka ku mubano wa T.I na Bernice Burgos.

T.I na Bernice Burgos

Nkuko tubikesha hollywoodlife, Bernice Burgos abinyujije ku rukuta rwe rwa Snapchat yagize ati: “When something is broken, it can never be fixed”. Ugenekereje mu kinyarwanda, bishatse kuvuga ngo iyo ikintu cyatanye ntabwo gishobora gusubirana. Nyuma yuko Bernice Burgos atangaje aya magambo, abantu benshi hirya no hino biganjemo abakurikiranira hafi umubano w’aba bombi bakomeje kugenda bagaruka kuri aya magambo ndetse abandi bakomeza kuvuga ko Bernice Burgos yaba yaratangaje aya magambo agirango yishengure kuri T.I na Tiny Harris bamaze igihe gito basubiranye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

IMIBARE ntago ibeshya-Mu mateka ya Cristiano Ronaldo ni bwo bwa mbere yayobora urutonde rw’abakinnyi barusha abandi kwitwara nabi muri La Liga (Irebere iyo mibare)

Umukinnyi uherutse gufata Lionel Messi akibura yaje gutangaza amagambo ASEKEJE cyane yagendaga amuganiriza ngo amushuke arebe ko yamucika