in ,

Isomere ibintu bidasanzwe Beyonce na Jay Z bakoreye abana babo b’impanga bigatangaza benshi

Abahanzi Jay Z na Beyonce ubu bibanira nk’umugabo n’umugore mu minsi yashize baherutse gusezererwa mu bitaro aho Beyonce yabyariye abana be nyuma yuko umuganga warurimo gukurikirana ubuzima bwabo abemereye kuba basubira mu rugo nta kibazo. Jay Z na Beyonce rero bakoreye ibintu bitangaje cyane abana babo b’impanga ndetse birimo gutuma uyu muryango ukomeza kuvugwa cyane mu bitangazamakuru bitandukanye byo hirya no hino ku isi.

Beyonce shared the first photo of twins Rumi and Sir Carter

Nkuko tubikesha ok.co.uk, Beyonce na Jay Z bashakiye abana babo abantu bagera kuri batandatu bose bo ku bitaho, ibi bikaba byatangaje abantu benshi cyane bibaza impamvu bahisemo gushaka abantu bangana gutya kugirango bite kuri aba bana. Nubwo ibi byatangaje benshi ariko nk’umuryango w’ibikomerezwa kw’isi nk’uyu unafite ubushobozi cyan ndetse n’amikoro ntibyakagombye gutungurana cyangwa ngo bitangarirwe cyane ku isi hose. Ibi bije bikurikira ibimaze iminsi bivugwa by’amakimbirane hagati y’uyu muryango n’uwa Kanye West byavugagwa ko bari mu nzira y’ubwiyunge.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore urutonde rw’abakinnyi bafite abana basa neza neza nk’abo bakiri bato kurusha abandi

Kera kabaye Umutoza Arsene Wenger agaruriye icyizere abakunzi n’abafana ba Arsenal