in ,

Isomere ikintu gikomeye Amber Rose yakuye kuri Kanye West ubwo bari mu rukundo

Umunyamidelikazi Amber Rose wamenyekanye cyane ku isi bitewe n’imideli itandukanye yamuritse igakundwa na benshi hirya no hino ku isi bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi mu minsi ishize yavuze ikintu kimwe gikomeye yakuye kuri Kanye West ubwo bari mu rukundo.

Image result for amber rose and kanye west
Amber Rose arikumwe na Kanye West

Nkuko tubikesha forexnews, Amber Rose yatangaje ko mu gihe yari akiri mu rukundo na Kanye West yamukuyeho ibintu byinshi cyane ariko byumwihariko yavuze ko gukundana na Kanye West byamugize ikirangirire cyane ku isi yose ndetse anagaruka ku kuvuga ko Kanye West ariwe wazamuye cyane izina Amber Rose rikamenyekana ku isi hose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agashya: Mu gihe ntanumwe wabikekaga, Real Madrid ikoze agahigo katazigera gakorwa nindi kipe iyo ariyo yose ku isi

Inkuru ishyushye-Jose Mourinho ateye ibyishimo bidasanzwe Manchester United akora ikintu cyari cyananiranye