in , ,

Isomere nawe ikintu gisekeje cyane abagabo 7 bahaye uyu mugabo ngo abareke bafate ku ngufu umugore we kandi koko akabyemera

Aya marorerwa adasanzwe yabereye mu gihugu cy’ubuhinde cyimenyerewe ho cyane ibyaha byo gufata ku ngufu kw’Isi aho umugabo yemeye ko abagabo 7 bafata ku ngufu umugore we yishakiye kugira ngo bamuhe amafaranga yo kugura ibiyobyabwenge.

Amakuru nk’uko tuyakesha Deccan Chronicles,atangaza ko aba bagabo 7 basimburanye kuri uyu mugore utarufite kivugira kuko yatanzwe n’umugabo we ndetse bagafata n’amafoto baje gukoresha nyuma y’aho gato ngo bamusabe andi mafaranga batayashyira hanze.Uyu mugore utuye mu gace ka Punjab,afite imyaka 22 akaba amaze indi 7 abana n’uyu mugabo ngo warusanzwe nubundi afite ibibazo byo kunywa ibiyobyabwenge byaramunaniye kubireka.

Uyu mugabo akaba yashyirikirijwe ubutabera bwo mu Buhinde ndetse hakomejwe no gushakisha abo bagabo bandi 7 bakoze ayo mahano.Muri ako gace kandi mu minsi yashize havuzwe umugabo w’imyaka 38 waretse abagabo 2 bagafata ku ngufu umugore we kubera yari yamushese bikarangira atsinzwe

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru mbi kw’ikipe ya FC Barcelone aho amezi Ousmane Dembele azamara hanze yamenyekanye

Umuriro watangiye kwaka hagati ya Neymar n’abakinnyi ba PSG batamufata nk’imana nk’uko abafana bamufata bakamwima ikintu yajyaga abona muri FC Barcelone