in ,

Jose Mourinho atangiye guteza ikipe ya Manchester United ibibazo bikomeye cyane

jose-mourinho-frustrated

Umutoza Jose Mourinho uzwi ho kugira ivuzivuzi ryerekeye abakinnyi,abatoza ndetse n’abasifuzi baba bahanganye nawe kuri buri mukino, kuri ubu amagambo ye ashobora kuyazira bitewe nibyo yatangaje muri iki gitondo ubwo yaganiraga n’itangazamakuru ku mukino afitanye n’ikipe ya Liverpool kuri uyu mugoroba.

jose mourinho
jose mourinho

Ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru mirror ku byerekeye umukino wa none, uyu mutoza yagize ati:“Umusifuzi ANTHONY Tailor Uza gusifura umukino wacu ni umusifuz mwiza kandi w’umuhanga,gusa bitewe n’igitutu ari gushyirwaho n’abantu tutazi ashobora kutagira imyitwarire myiza kuri uyu mugoroba”.

Anthony Tailor umusifuzi uri busifure umukino wa none
Anthony Tailor umusifuzi uri busifure umukino wa none

Mu mategeko UEFA yashyizeho yuzeko nta mutoza cyangwa umukinnyi bemerewe kugira icyo batangaza mbere y’umukino cyerekeye umusifuzi usifura umukino abo,kandi Mourinho we akaba yabirenzeho,kubwizo mpamvu akaba ashobora guhagarikwa hagati y’umukino umwe n’itatu adakandagira ku ntebe y’abasimbura.tukaba dutegereje kureba igihano uyu mutoza ari buhabwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp yatangaje ikintu kimuteye ubwoba cyamuviramo no gutsindwa umukino afitanye na manchester united

Iyumvire inkuru y’urukundo hagati y’uyu mukobwa n’uyu mukinnyi wa APR FC (amafoto)