in ,

Jurgen Klopp yiyamye abafana ba Liverpool kubera ibintu baraye bamukoreye

Umutoza w’ikipe ya Liverpool Jurgen Klopp yongeye kwiyama abafana b’ikipe ya Liverpool nyuma y’umukino banyagiyemo ikipe ya Leicester bayikubita ibitego 4 kuri kimwe aho yagaragaje ko atishimiye nabusa uburyo bitwaye mu mukino.

Jurgen Klopp akaba rero yarasabye abafana ba Liverpool kutongera kwishima abaririmba ndetse basingiza izina rye igihe cyose umukino uzajya uba utarangira.

Mu magambo Klopp akaba yagize ati : “Nyamuneka, ndabasabye nti mukaririmbe izina ryanjye igihe umukino uzajya uba utarangira. Ibyo ni nko kwishimira penalty itaravamo igitego. Ibi mbabwira ntago ari imikino, niba ari kunyereka ko bankunda nanjye ndabakunda gusa ariko kundirimba match iatarangira ntago ari byiza na busa ni kimwe nk’ibyabaye dukina na Arsenal. Biraya ntago bikenewe nabusa.”

Image result

Image result

Image result

Tubibutseko ikipe ya Liverpool ubu iri ku mwanya wa gatanu wa Championat nyuma yo kwegukana amanita atatu ku kibuga cyayo ubu ikaba yitegura gusura ikipe ya Chelsea kuwa gatanu saa tatu ku masaha y’I Kigali.

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments
0

11 Lifestyle Swaps That Will Make Your Day A Little Bit Healthier

Here’s All The Best Ways To Procrastinate This Week