in ,

KIGALI: Ibirori by’abambaye amaecouteurs byitabiriwe n’imbaga nyamwinshi (AMAFOTO)

Muri iyi myaka ya vuba, hano mu Rwanda harimo kubera ibirori bitari bimenyerewe aho aba Djs banyuranye bacuranga imiziki ababyitabiriye bakayibyina bambaye ama ecouteurs ku buryo baba babyina ariko nta midundo yumvikana hanze. Ibi bitaramo rero ni ubwa mbere byari bibereye mu muhanda hagati.

Iki gitaramo kitabiriwe n’abantu benshi kandi kiri kubera mu muhanda hagati ubona abantu babyina umuziki icyakora nta rusaku rwumvikana hanze. Ikintu gishya ni uko iki gitaramo kitaranamenyerwa mu Rwanda cyamaze kwigarurira imitima ya benshi kuri ubu cyari gifite umuterankunga dore ko Bralirwa ibinyujije mu kinyobwa cya Heinken aribo bari abaterankunga rukumbi b’ibi birori.

Dore amwe mu mafoto:

Silent Disco

Silent Disco
Silent Disco
Silent Disco
Aba Djs bavangiraga umuziki hejuru mu modokaSilent Disco
Silent Disco
Silent Disco
Silent Disco
Silent Disco
Silent Disco
Silent Disco

Silent Disco

Silent Disco

Source: inyarwanda.com 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Riderman ft. King James – IJORO RYIZA

Mu magambo asize umunyu, AY yongeye gutera imitoma umunyarwandakazi bateganya kurushinga