in ,

Lionel Messi yahishuye uburyo ajya aterwa isoni n’ibintu Neymar akunda kumukorera

Neymar ni umukinnyi wakunze kugenda agaragaza ko ari umufana ukomeye wa Messi ndetse kenshi na kenshi avuga ko ariwe mukinnyi wambere ku isi gusa ibi ngo rimwe na rimwe Messi bijya bimutera isoni.

Résultat de recherche d'images

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru Messi akaba yagize ati : “Akunda kubimbwira kenshi, ndetse rimwe na rimwe bintera isoni kuko hari igihe abimbwira mpagaze imber, ni umufana wanjye ukomeye. Akinagera mu ikipe ya Barca nahise mbibona ko abimbwira abikuye kumutima. Biranshimisha kuba umusore w’umuhanga nkuriya avugako arinjye mukinnyi wa mbere ku isi, umubano wanjye na Neymar ndawukunda cyane.”

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyezamu ukomeye yatsinzwe ibitego byinshi bimuviramo gufungwa

Dore uburyo Miss Keza Joannah yasebejwe no kwiyongera ikibuno ku foto