in ,

Nicki Minaj na NAS basomanye bikomeye bateza urujijo ku bari bitabiriye ibirori aba bombi bahuriyemo (video)

Umuhanzikazi Nicki Minaj ku munsi w’ejo yagaragaye mu birori by’isabukuru y’umukunzi we mushya ariwe NAS ndetse hagaragaye n’amashusho y’ aba bombi barimo gusomana ku rwego rwo hejuru ibi byatumye bamwe bahita bemeza ko aba bombi bari mu rukundo nubwo hari abakiri muri urwo rujijo.

Nkuko tubikesha mtonews, Nicki Minaj yagaragaye mu birori byo kwizihiza isabukuru ya NAS aho abantu bahise bemeza badashidikanya ko aba bombi baba bari mu rukundo rutaryarya bitewe n’ukuntu basomanye mu ruhame imbere y’imbaga y’abantu bari bitabiriye ibyo birori.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa Real Madrid ahuye n’ikibazo gikomeye gishobora kugira ingaruka ku ikipe yose(soma hano)

Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Liverpool yakoze ikintu gikomeye gikora ku mitima y’abafana