in ,

Nizzo (urban boyz) nyuma yo gutandukana n’umukobwa wamusomye akamutukuza iminwa ubu ibye n’undi mukobwa bigeze aharyoshye

Nk’uko twabibagejejeho mu nkuru zacu ziheruka Nizzo afite umukunzi yahishe itangazamakuru witwa Nisingizwe Solange, ubusanzwe uba mu Busuwisi.

Solange

Uyu mukobwa Nizzo avuga ko ari “Umugore” iyo amuvugaho amaze iminsi i Kigali aho yaje kumusura nyuma y’aho mu ntangiriro z’icyumweru gishize hari havuzwe ukutumvikana hagati yabo kubera indi nkumi.

[niba utarasomye iyi nkuru kanda hano]

Kuri ubu uyu mukobwa waje ngo yiyunge na Nizzo ubu ibyabo bigeze aharyoshye ndetse amakuru agera kuri YEGOB aravuga ko bashobora gukora ubukwe bitarenze umwaka utaha wa 2018 ndetse umwe mu nshuti zabo yadutangarije ko hari ubwo Solange amusura akarara.

Inshuti yabo iti” yego,Solange yaje kureba Nizzo nyuma yuko hari undi mukobwa witwa Bijou washatse kumutwara,ubu bameranye neza ndetse barigupanga kubana…..hari n’ubwo Solange ajya kumusura akaba yarara kuko tubona agiyeyo ariko ntitubone atashye…”

Hagati aho tubibutse ko Nizzo yakundanye na Solange nyuma yo gutandukana na Yvetter wiga mu Bushinwa Umukobwa bagiranye ibihe by’urukundo bihebuje byiganjemo kugaragarana ku karubanda basomana umunwa ku wundi

Image result for Nizzo na yvette iminwa iratukura
Nizzo Na yvette

Related image

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

BREAKING NEWS-BITUNGURANYE ikipe y’i LIVERPOOL yirukanye umutoza wayo azira umusaruro mucye cyane bibabaza bikomeye abafana

Urugo rw’umunyarwenya Anne Kansime ruragurumanamo umuriro(Inkuru irambuye)