in ,

Nyuma ya Safi, undi mu star w’icyamamare mu Rwanda ahawe icyintu cy’agaciro n’umugore we(Inkuru irambuye)

Mu Rwanda ntibisanzwe bimenyerewe ko umugore aha impano y’agaciro umugabo we, gusa kurubu bitangiye kumenyerwa ko mu rukundo rw’iki gihe uwiyumvamo gukunda umwe kurusha undi ariwe ugira icyo akora. Hari tariki ya 16 Nyakanga 2017 ubwo umuhanzi Umutare Gaby yambikaga impeta y’urudashira Nzere Joyce. Nyuma yo kurushinga aba bombi bakaba bahise berekeza muri Australia bakaba ariho bagiye kuba nyuma yuko umugore yari afite ibyangombwa byo kuba muri icyo gihugu akaba yanashakiye umugabo we ibyangombwa byo kujya kubana.

Image result for umutare gaby and his wife

Mbere y’uko Umutare Gaby n’umukunzi we bashyingiranwa bakunze kuvugwaho kuba baba barateganyaga kuba bahita bimuka bakava mu Rwanda bakajya gutura mu mahanga.

Aba bombi iyi babaga babajijwe ibijyanye no kuba barateganyaga kuzimuka mu Rwanda nyuma ya marriage bakunze kubihakanira kure ariko kuri ubu inkuru yabaye impamo.

Umutare Gaby n’umugore we ubu batuye muri Leta ya New South Wales iherereye mu Majyepfo y’Uburasirazuba bwa Australia mu Mujyi wa Goulburn. Aho akaba ariho Joyce yabaga mbere y’uko aza gukora ubukwe na Gaby Umutare.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umva impamvu bivugwa ko Riderman ashobora kwisibira amayira kubw’icyemezo yafashe

Amagambo Kim Kardashian yavuze kuri Cristiano Ronaldo ku mubano bafitanye yashyize benshi mu gihirahiro