in ,

Nyuma yo kugaragarizwa urukundo, The Ben yongeye gusabwa ikindi kintu gikomeye n’umwe mu bafana be

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi cyane ku mazina ya The Ben wamenyekanye cyane hano mu Rwanda kubera indirimbo zitandukanye yahimbye zigakundwa cyane na benshi ndetse n’ibitaramo yakoreye hirya no hino ku isi bigatuma yigarurira abakunzi ba muzika nyarwanda benshi, mu minsi ishize aherutse gusabwa gukora amashusho y’indirimbo ye BINKOLERA, imwe mu ndirimbo ze zakunzwe cyane kuva yasohoka mu kwezi kwa Nyakanga ndetse no kugeza ubu.

Iyi niyo foto The Ben yashyize hanze

Nkuko umwe mu bafana ba The Ben yabimutangarije amaze gushyira hanze iyi foto ye abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yamusabye ko yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye, Binkolera yakoranye na Sheebah. Iyi ndirimbo ikaba ari nimwe mu ndirimbo zasusurukije abanyarwanda ndetse n’abakunzi b’umuziki nyarwanda bari bitabiriye igitaramo cya RUNTOWN EXPERIENCE cyari cyanatumiwemo Sheebah, wafatanyije na The Ben muri iyo ndirimbo.

Bimwe mu byatangajwe n’abafana ba The Ben

Kanda hano ubashe kumva no gutunga indirimbo BINKOLERA ya THE BEN afatanyije na SHEEBAH

The Ben ft Sheebah – BINKOLERA

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Charly & Nina bandagajwe n’umwe mu bafana babo abaziza ibyo bakoze

Guhishwa mu maso k’umwana kwa Anita Pendo gukomeje guteza impagarara mu bafana be