in ,

Nyuma yo kwibaruka umwana w’umuhungu, Anita Pendo yishimiwe n’abafana be kubera imiterere ye mishya (amafoto)

Anita Pendo uzwi cyane nk’umunyamakurukazi akaba numwe mu bashyushyarugamba bakomeye cyane hano mu Rwanda, uyu mu minsi ishize uherutse no kwibaruka umwana w’umuhungu yongeye kugaragarizwa urukundo na benshi mu bafana be bishimira uko asigaye asa nyuma yo kwibaruka umwana we.

Iyi niyo foto Anita Pendo yashyize hanze

Nkuko benshi mu bafana ba Anita Pendo babitangaje nyuma yuko ashyize hanze iyi foto ye, bagiye bakomeza kugaruka ku miterere mishya y’umubiri we bavuga ko yasubiye bwana nyuma yuko yibarutse umwana we abandi bakomeje kumubwira ko atangiye gusubira bwana nyuma yuko yibarutse umwana we.

Bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Anita Pendo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore imbarutso y’umubano mwiza wa Tom Close n’umugore we

ShaddyBoo yatangaje ikintu gitangaje akunda cyane kurusha ibindi ku isi