in ,

Olvis yihenuye kuri Miss Vanessa amwumvisha ko iyo aza kuba umwana koko batari kuba bararyamanye

Nkuko twabibabwiye mu minsi yashize Olvis na Miss Vanessa baratandukanye gusa gutandukana kwabo umuntu akaba yavuga ko bitagenze neza kuko ubu bsa nkabatangiye intambara y’amagambo ku mbuga nkoranyambaga.

Bijya gutangira ubundi Vanessa niwe wamenyekanishije ibyo gutandukana kwabo ubwo yandikanga kuri Instagram amagambo avuga atabashije kurera, aho yasobanuraga ko Olvis ari umwana kuri we ku buryo atakwihanganira gukomeza gutegereza ko akura.

Uyu munsi rero Olvis nawe akaba yamusubije anyuze kuri Instagram aho yanditse akamuri ku mutima amwumvisha ko ibyo yakoze ataribyo nabusa ndetse ko atari n’umwana nkuko yamwise, ngo kuko iyo aza kuba umwana Vanessa ntiyari kumwambarira ukuri (nti bari kuba bararyamanye).

Act1

Dore ubutumwa Olvis yanditse kuri Instagram:

Dear my Lovely friend
Once a wise man said “those that are louder aren’t those with sincere words” so keep your words low coz your actions ain’t clean.
I want to remind u that I still have a Familly and friends who love me. however, note that they respect me as a man coz they know I worth their love and trust ( you can witness about that)

As you said that I am young. maybe younger to understand your ways of acting in this community of people with values , I am also too soft to bear sharing my life with someone like u who is driven with no change. I don’t regret my late notice but chilling for the lesson learnt( a wise man said experience is the best teacher✌🏿). I am also classy to waste my time in reluctant games (that’s not my passion) . yes I am too young to take stress over my sleeping time , I am a hardworking person my body needs to rest with no one shouting over my door.

Nubwambere naba nanditse byinshi nyuma yibyavuzwe abakunzi banjye munyemerere ngire icyo mvuga, so
ubuzima bwanyigishije guca bugufi no kwivugira make kuko amateka anyereka ko umuntu arahinduka agakomera nuwarukomeye agata byose akaba muto niyo mpamvu mpora nubitse amaso ngo ntareba igitsure Isi kuko utitonze irakunyuka kubwiyo mpamvu sinishongora cyangwa ngo mvuge nabi cyangwa ngo nsuzugure , unzi neza wese yabitangaho ubuhamya ari nayo mpamvu unzi turagumana.

Nzirikana ko twabanye neza nkanagushimira cyane gusa narakugaye nta mukobwa wavuze biriya kuko ejo uzaba umubyeyi niyo mpamvu amabanga y’umwali aguma imbere, haricyo nifuje gusoza nkwibutsa kuko ubanza aho unyuze usiga usenye , ubuzima busaba kwirinda ibisohoka kuko aho bisenye ntihasanywa n’imbabazi ntacyo zahindura, sinkwanze wowe nanze icyagusohotsemo gusa nifuje kukubwira nti ntawita umwana uwo yambariye ukuri.

I am very honored to wish you all the best and remind you that it’s hard for anyone to bear your behaviors, so make a shift for your own good. I am alive✌🏿. Good luck.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
3 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Lee
Lee
7 years ago

Comment:Vanessa yahennye mubakwe kandi inkubisi yamabyi irayitarukiriza Niko umunyarwanda yaciye umugani kandii nanone igisiga cyurwara rurerure kimennye indaa Vanessa uriyrekanye puuuuu. ntabyawee waranapanutsee ubuu wowe !!!!! ngoo numwana ? cyangwa ntiyaguhazaga?

Lee
Lee
7 years ago

Comment:vanessa wahennye mubakwe kandi ujye umunyako inkubisi yamabyi iyitarukiriza kandi iyo uciriye hejuru ntuhunge ibyo uciriye birakugarukira!!! wumvisee mukooo?????

niyonshuti dieudonne
7 years ago

Comment:Vanessa wee wahennye mubakw

Miss Rwanda Umutesi Jolly yerekanye itandukaniro rye n’abandi banyampinga bamubanjirije: AMAFOTO

Umuhanzi Audy Kelly yasohoye indirimbo y’urukundo injyanye n’ibyamubayeho :( +VIDEO)