in ,

Petr Cech yahishuye ikintu cy’igenzi Arsene Wenger na Jose Mourinho bahuriyeho

Petr Cech wamaze igihe kinini ari umunyezamu w’ikipe ya Chelsea nyuma akaza kwerekeza mu ikipe ya Arsenal yagereranije Jose Mourinho na Arsene Wenger aho avugako batandukanye cyane mu buryo bwinshi gusa ariko hari ikintu kimwe cy’ingenzi bahuriyeho.

Image result

Mu kiaganiro n’abanyamakuru Petr Cech akaba yagize ati :”Arsene Wenger na Jose Mourinho baratandukanye cyane gusa bafite ikintu kimwe bahuriyeho, bose bazira gutsindwa ku buryo bukomeye. Ntekereza ko ari nayo mpamvu bagiye bagera ku bintu bishimishije mu mitoreze yabo kuko simbona uburyo umuntu yaramba muri kariya kazi abaye adafite inyota yo gutsinda ndetse anazira gutsindwa.”

Image result

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Ikipe ya Fc Barcelona imaze gufata icyemezo cyo kugurisha umwe mu bakinnyi bayo bakomeye ku buryo butungaranye

Dore ibyo utamenye mu buzima bw’umuraperi Bow Wow uherutse gusezera muri muzika