in ,

Philippe Coutinho yatangaje bakinnyi batatu babahanga kurusha Cristiano Ronaldo

Mu gihe benshi muri iyi minsi bakomeje kugenda bashimangira ko Cristiano Ronaldo ariwe ukwiye kwegukana Ballon D’Or 2016 izatangwa mu byumweru bibiri biri imbere, umukinnyi wa Liverpool Philippe Coutinho asanga hari abakinnyi batatu bagaragaza ubuhanga kumurusha muri iki gihe.

Image result

Mu kiganiro yahiranye n’inyamakuru FourFourTwo (4-4-4), Coutinho akaba yatangajeko abakinnyi batatu bagize MSN aribo Messi Suarez ndetse na Neymar aribo bakinnyi bitwara neza kurusha abandi muri iki gihe kubera uburyo bakorana.

Image result

Abakinnyi batatu bambere ku isi njye mbona ari MSN. Umwe arihuta, undi ni umuhanga byo mu rwego rwo hejuru naho undi ni Imana y’ibitego rero baruzuzanya.

Image result

Coutinho abajijwe niba abo abona barenze Cristiano yasubije agira ati :”Nibyo rwose hari n’abandi b’abahnga iyo muri Real Madrid, nka Cristiano Ronaldo gusa ariko kurinjye batatu ba mbere ni MSN ntagushidikanya guhari.

Tubibutseko muri iyi WeekEnd ruraba rwambikanye hagati ya MSN na Cristiano Ronaldo ku kibuga Camp Nou aho Real Madrid izaba yasuye Fc Barcelone muri La Liga.

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imiterere idasanzwe y’umubiri wa Sandra Miraj ni ikintu kidakwiye kugucika muri uyu mwaka wa 2016(AMAFOTO)

Nubwo hashize imyaka 3  Tom Close aracyasomana na  Tricia gutya.. (AMAFOTO)