in ,

Real Madrid ihojeje amarira abafana bayo igura umukinnyi ukomeye yashakaga cyane

Zidane

Mu nkuru yacu iheruka Real Madrid ihombye rutahizamu wayo ukomeye abafana barababara cyane, nibwo twabagejejeho ko ikipe ya Real Madrid yamaze kugurisha umwe mu bakinnyi bakomeye yari yubakiyeho nubwo bwose atari agikoreshwa cyane n’umutoza Zinedine Zidane. Mu rwego rwo kuziba icyuho cya James Rodriguez wavuye muri Real Madrid ikipe ya Real Madrid yahise yihutisha dosiye yundi mukinnyi yashakaga cyane kandi ukiri muto.Image result for ceballos

Daniel Ceballos Fernández umunya Espagne w’imyaka 20 gusa wakiniraga ikipe ya Real Betis, amakuru dukesha ikinyamakuru AS aravuga ko amaze gukora ikizamini cy’ubuzima mu ikipe ya Real Madrid ndetse akaba ategerejwe kuri uyu mugoroba gusinya amasezerano muri iyi kipe azamara imyaka itandatu yose. Uyu mukinnyi kandi yashakishwaga bikomeye n’ikipe ya Fc Barcelona gusa Real Madrid ikaba ariyo yamwegukanye ku munota wanyuma. Uyu mukinnyi niwe wabaye umukinnyi w’irushwana rya Euro ry’abatarengeje imyaka 20 ryabaye muri uyu mwaka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere abakobwa b’ibyamamare nyarwanda bivugwa ko mukorogo bukabije(+AMAFOTO)

Kim Kardashian yerekanye amabere ye ku karubanda abagabo barabya indimi (amafoto)