in ,

Real Madrid yagaruriwe icyizere n’umukinnyi yashakaga wasaga nkaho ari kuyicika

Mu nkuru zacu ziheruka Real Madrid igiye guhemukira bikomeye ikipe bihanganye ku mugabane w’iburayiNyuma y’inkuru mbi yatashye muri Real Madrid, iyi kipe ihise ifata umwanzuro wo guhekura Arsenal(Iyumvire), nibwo twabagezagaho bombori bombori y’umukinnyi Robert Lewandowski byavugwaga ko atagishaka kuguma mu ikipe ya Bayern Munich hubwo ashaka kujya muri Real Madrid, iyi nkuru yaje kunyomozwa n’umuyobozi wa Bayern nkuko twabibagejejeho ariko kurubu amazi ntakiri yayandi.Image result for robert lewandowski angry in bayern

Ikinyamakuru AS cyo muri Espagne nicyo kizindutse gitangaza ko uyu munya Pologne yisabiye umu agent we kureba uko mu mpeshyi itaha yazamuvana i Munich akamujyana i Madrid. Gusa bikaba ari ihurizo rikomeye kuko ku myaka 28 y’uyu musore n’amafaranga Real Madrid yakwifuza kurekura bitaza guhura kuko uyu musore ahagaze Miliyoni 80 z’amapound, mugihe Real Madrid ishaka kuzagura rutahizamu w’umwana uzayimaramo igihe kirekire. Tukaba dutegereje kureba uko iyi myivumbagatanyo y’uyu musore izarangira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Liverpool yagaruye mu kibuga umukinnyi wayo ukomeye warumaze igihe adakina

Aka ni akumiro: Nyuma ya Neymar, ikipe ya PSG igiye kongera gusahura bikomeye mu ikipe ya Fc Barcelona