Yitwa Doralie Madina ariko yamenyekanye nka Bad Madina ,uyu niwe wigaruriye umutima w’umuteramakofe wa mbere ku isi kugeza ubu,kuri ubu TMZSports iratangaza ko yamuhaye indi modoka ifite agaciro k’ibihumbi 550 by’amadolari y’Amerika,iyi ikaba ibaye imodoka ya kane amuhaye mu gihe kitarenze imyaka 2.
uyu Bad Madina yaihariye Mayweather kuva mu mpera za 2014,Madina yamwibagije Miss Jackson maze amuhundagazaho urukundo maze Mayweather nawe amusasira inoti dore ko arongoye abakinnyi bose babigize umwuga mu kugwiza amafaranga.
Ndetse Mayweather yagiye agurira Bad impeta n’amasaha by’iciro