in ,

Reba igikorwa kigayitse bikomeye cyabaye mu muhango wo gutanga Ballon D’or 2018

Kuri uyu wa mbere ubwo Luka Modric yegukana igihembo cya Ballon D’or 2018 gihabwa umukinnyi witwaye neza kurusha abandi mu mwaka, habaye agashya kuko hanatanzwe indi Ballon D’or yahawe Ada Hegerberg wahembwe nk’umukinnyi w’umukobwa witwaye neza kurusha abandi gusa ariko ubwo yahabwaga icyo gihembo habaye ikintu gikomeje kunengwa ku isi yose.

Ada Hegerberg w’imyaka 23 y’amavuko akaba akinira ikipe ya Lyon mu gihugu cy’Ubufaransa, nyuma yo kwakira igihembo cye akaba yaregeye Martin Solveig ‏ (uwari ayoboye ibirori) ngo amubaze ibibazo gusa bantu batunguwe (nkuko bigaraga kuri Kylian Mbappe) n’ikibazo kigayitse yahise amubaza bwa mbere aho yamubajije niba azi gutwerkinga.

Ibi bikaba byanenzwe bikomeye n’abantu benshi ku isi ku buryo uyu Martin Solveig ‏ yagombye kwandika i baruwa asaba imbabazi Ada ndetse n’abandi bagore n’abakobwa bose byaba byarababaje aho bari hose ku isi.

https://www.youtube.com/watch?v=WfxlW78sMko

 

 

 

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba abagore bafite imiterere idasanzwe ku buryo ubabonye wese ashidukira hejuru

Aya niyo mayeri yafasha umusore gutereta umukobwa uwo ariwe wese na wawundi wananiye abasore bose ukamwemeza