in ,

Reba uburyo Lionel Messi yaririye imbere y’abafana nyuma yo guhura n’uravagusenya mu gikombe cy’isi

Mu gihe abantu bose bari biteze ko ikipe ya Argentine iyobowe n’igihangange Lionel Messi yari bukubite ikipe ya Iceland itayibabariye, batunguwe no kubona izi kipe zombi zirangije uyu mukino zinganya igitego kimwe kuri kimwe, Messi ari mu marira.

Lionel Messi wari witezweho kwigaragaza cyane kugirango yishyure mukeba we, Cristiano Ronaldo watsinzwe Hat Trick ku munsi wejo, akaba yatangushye abantu kuko yavuye mu mukino nta gitego na kimwe atsinze ahubwo ndetse yanarase Penalty yari guhesha insinzi ikipe y’igihugu ya Argentine.

Nyuma yuyu mukino Lionel Messi akaba yaranzwe n’akababaro kenshi ndetse n’amarira ari nako yagenda yipfuka mu maso ngo yihishe abafana.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Eric
Eric
5 years ago

uuhh! arko c mwajya mureka gukabya ibintu? Uruvagusenya c uvuga ahuye narwo ni uko ahushije penalty? ubwo c uravuga ibyo byose ikipe yatsinzwe cg yasezerewe? mujye mugabanya ubufana mukore akazi neza.

Uwahoze muri URBAN Boys mu manyanga adasanzwe na Miss Igisabo

Induru z’urudaca mu ikipe y’ubufaransa