in ,

Rihanna mu myambaro adasanganywe yatunguye abantu benshi bitewe n’umubiri we (amafoto)

Umuhanzikazi Rihanna wamenyekanye cyane ku isi yose bitewe n’indirimbo zitandukanye yagiye ahimba zigakundwa cyane ndetse n’ibitaramo bitandukanye yakoreye hirya no hino ku isi bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi, ku munsi wo kuwa kane yagaragaye mu myambaro mishya yavuzweho ibintu byinshi bigiye bitandukanye.

Rihanna_Auntie_Body3

Nkuko tubikesha mtonews, Rihanna yafotowe aya mafoto ubwo yavaga muri imwe muri Hotel ziherereye mu mujyi wa New York aho yari yajyiye gufatira ifunguro avuye mu myitozo ngororamubiri izwi nka gym. Abantu babonye aya mafoto bagiye bayavugaho byinshi bamwe bagaruka ku miterere y’umubiri w’uyu muhanzikazi n’ibindi gusa nkuko mtonews yakomeje kubutangaza, aya mafoto asa nk’ayavanye mu rujijo abantu benshi bakekaga ko Rihanna yaba atwite inda bavugaga ko yaba yaratewe na Hassan Jameel bakururukanye igihe kitari gito mu bihe byashize

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Selena Gomez yahishuye ikintu gikomeye yakoze mbere yo guhindurirwa impyiko (iyumvire)

Zinedine Zidane n’ikipe ye bababajwe bikomeye n’iyi nkuru mbi ibazindukiyeho(Iyumvire)