in ,

Ronaldo yatangaje umukinnyi mushya yifuza kubona akinira Real Madrid

Ronaldo wahoze ari rutahizamu ukomeye w’igihugu cya Brasil ndetse n’ikipe ya Real Madrid yagaragaje ko ari umufana ukomeye w’umukinnyi wa Liverpool, Philippe Coutinho ndetse avugako yifuza ko yakwerekeza i Madrid.

Image result

Mu kiganiro yagiranye na Onda Cero, Ronaldo akaba yagize ati :”Ndifuza ko Coutinho yakinira Real Madrid.”

Image result

Nyuma Ronaldo yaje no kubazwa ikibazo cy’umukinnyi ukwiye kwegukana Ballon D’Or uyu mwaka maze asubiza agira ati :”Ronaldo, Messi cyangwa se Neymar bose ni abakinnyi ba bahanga pe ndetse na Suarez namwongera kuri urwo rutonde. Kenshi na kenshi abantu bakunda kwiyibagiza ko bose ari abahanga iyo basabwe gutoramo umwe. Guhitamo biragoye gusa natora Ronaldo (Cristiano) kuko akinira Madrid ariko ibyo ntibivuze ko nirengagije ko n’abandi nabo ari abahanga. Tugomba kububaha.

Image result

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umva amagambo y’umuhanzi Auddy Kelly wihoreje Aline Gahongayire bikariza bamwe

Pogba arashinjwa kubangamira abaturanyi be kubera gusakuza cyane ari gukora imibonano mpuzabitsina