in ,

Senderi yahawe urw’amenyo n’umwe mu bamukurikirana ku rubuga nkoranyambaga nyuma yo kwigereranya na Meddy

Umuhanzi Eric Senderi uzwi cyane ku kazina ka Senderi International Hit, uyu akaba ari numwe mu bahanzi bakunzwe n’imbaga y’abantu batari bake hano mu Rwanda nyuma yo kwigereranya na Meddy avuga ko ari uwa mbere akamukurikira yaje kwandagazwa n’umwe mu bantu bamukurikira ku rubuga rwe rwa instagram anyomoza ibyo yavuze. Ni nyuma yuko Senderi yari amaze gushyira hanze ifoto ye ari kumwe na Meddy akandikaho amagambo yisabira ndetse anasabira umugisha Meddy ko Imana yakomeza kubafasha muri muzika yabo.

Nkuko umwe mu bantu bakurikira Senderi ku rubuga rwe rwa instagram yabitangaje, yavuze ko Senderi akwiriye umwanya wa nyuma mu bahanzi nyarwanda ibi bivuguruza ku rwego rwo hejuru ibyo Senderi yari amaze iminsi atangarije abafana be ndetse n’abantu bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga muri rusange.

Bimwe mu byatangajw n’abafana ba Senderi

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere ubutumwa bwuzuye urukundo abakinnyi ba Real Madrid bandikiye Cristiano Ronaldo kubera kwiheba nyuma yo kunengwa bikomeye n’abanyamakuru bugakora ku mitima ya benshi

Iyumvire uko Parfine yicinye icyara bitewe n’ubwambure bw’umugore wa Safi bwashyizwe hanze nubwo butamugaruriye Safi