in ,

ShaddyBoo yatangaje ikintu gitangaje akunda cyane kurusha ibindi ku isi

Umunyarwandakazi Mbabazi Shadia uzwi cyane ku izina rya ShaddyBoo akaba ari numwe mu byamamare bimaze kumenyekana cyane hano mu Rwanda kubera ibintu bitandukanye agenda akora ndetse uyu akaba yaramenywe n’imbaga nyamwinshi y’abantu nyuma yuko avuze ko akunda Odeur ya Ocean, ibi byarenze imbibi z’U Rwanda bikagera ndetse no muri Afurika y’Iburasirazuba bigatuma izina ShaddyBoo rimenywa n’abantu benshi cyane. ShaddyBoo ku munsi w’ejo, abinyujije kur rukuta rwe rwa Instagram yatangaje ikintu akunda cyane kurusha ibindi ku isi cyaje gutungura benshi mu bafana be.

ShaddyBoo ati nikundira amafaranga

Nkuko benshi mu bafana ba ShaddyBoo bagiye babitangaza nyuma yuko ShaddyBoo amaze gushyira hanze iyi foto yemeza abamukurikira ubu barenga ibihumbi 192 ku rukuta rwe rwa Instagram, bagiye bagaruka ku kumubwira ko amafaranga atariyo abanza ahubwo ko urukundo arirwo rwa mbere, abandi bamubwira ko ari ikiryabarezi kubera gukunda amafaranga gukabije kwe.

Bimwe mu byatangajwe n’abafana ba ShaddyBoo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwibaruka umwana w’umuhungu, Anita Pendo yishimiwe n’abafana be kubera imiterere ye mishya (amafoto)

Amagambo Lionel Messi yavuze nyuma yo guhesha Argentine itike iyijyana mu gikombe cy’Isi ku munota wa nyuma yakoze ku mitima ya benshi cyane