in ,

SuperSexy yiyamye abakobwa bamwita Indaya ndetse abemerera kubigisha uko baryohereza umugabo

Supersexy, umwe mu banyarwandakazi bakomeje kubica bigacika kuri Instagram yiyamye abakobwa bakomeza kumwita indaya bavugako yataye umuco ndetse anababwira ko bakwiye kumushaka akabigisha uko bafata neza umugabo cyangwa se bakazarira abandi bakobwa bazi akazi babatwaye aba kunzi.

superangry4

Reba post ndende supersexy yageneye abamwita indaya bose:

“ #idontgiveafuck Ndagira ngo nandike mu rurimi rwacu mpa gasopu #sisters

Biranshimisha iyo umuntu yifata akaza utamuhamagaye ntanagahato umushyizeho akagufollowinga ( bivuze ngo aba akurikiye ibyo ukora kuko bimushimisha). Noneho nkatangazwa no kubona comments avuga ngo wataye umuco n’ibindi bigambo byinshi bitameshe. Nkibaza nti ” ari usariye iwe mu rugo bikamenywa n’abamusuye n’usariye ku karubanda buri wese akamenya ko yasaze, Ninde witwa umusazi? 😂😂😂😂😂😂😂 Bivuze ngo niba narataye umuco nkawutera kuri account yanjye kuki wowe utajya kuwutera kuyawe ukaza kuwutera ku yanjye n’ibigambo bitameshe?

2. Abari n’abategarugori, bakuru banjye, barumuna banjye, ba tante n’abandi.
Ndagira ngo mbasabe ikintu, mbere yo kureba uko undi ameze banza wirebe. Ese wowe uraho waheze iwanyu, umaze kubyarira imbyaro 10 z’abagabo batandukanye iwanyu, ni wowe unywa ibiyobya bwenge…. ariko ukifata ukihandagaza ukita umugore w’umugabo , umugore w’ubatse INDAYA kuko yambara BIKINI. ubwo koko uba wumva ntasoni ufite? Ese ujya kubivuga wabanje kwitekerezaho? Umugore wese w’ubatse aba ari indaya y’umugabo we kdi n’ishema riharanirwa & ry’ifuzwa na buri mwali uwo ariwe wese. Ese iyo muri kuri LAKE KIVU mwogera mu mishanana? Ese haba hari imbaga y’abantu ingana ite? 🤔🤔🤔🤔🤔🤔. Nana ndi umugore w’ubatse kdi wujuje ubugore bwose umugabo wanjye yifuza, niba ahubwo utazi uburyo bafatamo umugabo uzanshake nkwigishe hato batazagutwarira chr ngo bataye umuco. 😂😂😂😂 mind ur businesses b******s

Ariko kuki ibi bikorwa n’abanyarwandakazi gusa? N’imwebwe ba malayika ku isi yose? Ndakitwa indaya ntariyo aho kwitwa malayika kdi ndi Indaya.
Ariko ubundi muzi ubusa icyo aricyo? Nimube mwitonzeho gato 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌 ”

superangry5

superangry6

superangry7

superangry8

superangry9

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ibi nabikora kurusha Amber Rose na Jen Selter”-Kate Bashabe

Umunyarwandakazi w’umustar ukunzwe cyane hano mu Rwanda yabikuyemo gutwara inda  !