in ,

Tizzo wo muri Active yaba amaze iminsi atereta umwe mu bakobwa bahataniye ikabamba rya Miss Rwanda 2016

Tizzo wo mu itsinda rya Active yaba ashaka gutera ikirenge mu cya bagenzi be, Derek na Olvis nawe agakunda n’umwe mu bakobwa bataniye ikamba rya Miss Rwanda.

Nubwo bwose kuri ubu nta gikorwa gihambaye cyangwa se ikimenyetso simusiga gihamya ko Tizzo yaba ari mu rukundo n’umukobwa witwa Eduige, ifoto bombi baherutse gushyira ahagaragara bari kumwe yatumye inshuti zikeka byaba ariho bigana ari nako zibashishikariza kubishyiramo ingufu bamwe bagira bati “Utyooo” abandi nabo bati “takaramo, takaramo”.

tizzo1

tizzo3

tizzo2

Tizzo akaba yarigeze kumara ighe gito abyumva kimwe na Belyse nawe wari muri Miss Rwanda 2015 gusa ntibatindanye, ubu rero bishobokeko yaba yamusimbije Eduige.

tizzo5

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Sacha yagaragaye mu mwambaro ugaragaza icyo yambariyeho (AMAFOTO)

Irebere amafoto agaragaza imitere ya Miss Balbine yatumye umukunzi we amwishimira bidasubirwaho