in ,

Uko Marina yageretse ukuguru kuri Safi Madiba abantu bakiyamira

Umuhanzikazi Marina umenyereweho udushya twinshi muri muzika nyarwanda ahuriye na Safi mu itsinda The Mane,ubwo iri tsinda ryari mu bitaramo bizenguruka bombi bifotoje ifoto,iyo foto igaragaza Marina yamanitse akaguru yegamiye Safi,yateje urujijo mu bafana ku buryo n’uwavuga ko bamwe bacitse ururondogoro ntabwo yaba abeshye .

 

Mu bagerageje kuvuga kuri iyi foto hari abatinyutse kongera gutinyuka gutunga agatoki The Mane bavuga ko ari itsinda ry’abakundanye ndetse bashimangira ko umuyobozi wa The Mane, Bad Rama akundana n’umuhanzi Queen Cha naho Safi usanzwe yarasezeranye na Judith akaba ngo yihengekana Marina.

 

 

Mu gihe abavugaga bino banaburiraga Judith gukura Safi mu muziki kugira atazamutwarwa ,umukuru wa The mane we ntabwo yitangiriye mu kubasubiza anabatuka bikomeye cyane.

 

ibindi byinshi nawe wabyirebera muri iyi video

 

 

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwitabire ntagereranywa muri The Love Lab, igitaramo cyasigiye Yvan Buravan urwibutso rudasaza (AMAFOTO)

Imenyekana ry’urukundo rw’ibanga hagati ya Justin Bieber na Hailey rwateye ingaragu kwibaza