in ,

Umuhanzi Ds Men ukinjira mu muziki nyarwanda nyuma y’ibikorwa byiza amaze kugeraho, aragira icyo yisabira abakunzi be n’abanyarwanda muri rusange

D.smen

Byiringiro Didier ukoresha izina ry’ubuhanzi rya Ds men uririmba mu njyana ya Hip Hop avanga na RNB ashishikariye gukora cyane no gushyira imbaraga muri muzika ye kugira ngo atere imbere n’ubwo ngo ahanini azabifashwamo n’abanyarwanda.Kugeza ubu D.Smen amaze kugira indirimbo z’amashusho 3. Iyo yise ‘Nakumiss’ niyo ya mbere yamaze gushyira hanze.

Ds men
Ds men

Nubwo ari umuhanzi ugitangira muzika afite icyizere cyo kuzatera imbere abikesheje gukora cyane, nkuko yabiangarije ikinyamakuru yegob yagize ati:”Nibwo ngitangira muzika ariko nizeye impano yanjye no gukora cyane, kandi ibihangano bifatika. Ibi byose no gushyira imbararaga mu kumenyekanisha ibikorwa byanjye bizamfasha kugira aho ngera. Ikizamfasha cyane ni abanyarwanda n’abakunzi ba muzika bazakomeza kugenda banshyigikira ari nako bangira inama, kuko umutwe umwe ntaho wakwigeza.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agashya: Mu rutonde ngaruka kwezi rwa UEFA ikipe imwe yo muri champiyona y’ubwongereza niyo yonyine iri mu myanya icumi ya mbere

Amakuru agezweho: Umutoza watwaye igikombe cya champiyona y’ubwongereza yirukanywe