in

Umuhanzi Jamin Haya azanye impinduramatwara muri muzika nyarwanda

Umuhanzi nyarwanda Benjamin Ndisanze uzwi cyane ku mazina y’ubuhanzi nka Jamin Haya azanye impinduramatwara muri muzika nyarwanda. Ku myaka ye 16, Jamin Haya ubu yamaze gushyira ahagaragara indirimbo ye nshya yise Fearless yakiriwe neza cyane n’abakunzi b’umuziki nyarwanda batatinye kuvuga ko ejo hazaza ha Jamin Haya ari heza.

Jamin Haya

Nkuko Jamin Haya yabitangaje mu kiganiro yagiranye na YEGOB, uyu muhanzi yavuze ko mu minsi iri imbere azanashyira ahagaragara izindi ndirimbo ze zikurikira ‘FEARLESS’ yakorewe na producer Junior Multisystem.

Jamin Haya

Kanda hano ubashe kumva no gutunga indirimbo ‘FEARLESS’ ya Jamin Haya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tom Close – NABA UMUYONGA

Diamond Platnumz yihakanaye zari i Kigali